vendredi 14 octobre 2011

Ku myaka ibiri gusa ,Alfie Mazeika ararya kuva ku meza bikaba intambalfie Mazeika ararya kuva ku meza bikaba intambarara.






ku myaka 2 gusa ngo umwana ukiri mutio  Alfie Mazeika ngo yaba afite indwara idasanzwe yo kugira inzara irenze iyabantu dusanzwe tuzi aho ngo usanga buri kanya buri munota yifuza icyo kurya.


Nkuko ikinyamakuru www. the sun.com cyabitangaje kuri uyu munsi ngo nyina uzwi ku izina rya Norman alfie we yatangaje ko atewe n’ubwoba ko umwana we yazitaba imana azize kurya cyane Mu buhamya yahaye uru rubuga yavuze ko  byaba bibabaje tumwimye ibyo aririra kandi tubifite.dushobora no gufunga za frigo nahan di hose tubika ibiribwa ariko yatumerera nabi ugerageza no kumuhagurutsa ku meza biokaba intambara,  ati uretse ko ari n’ ibintu bisanzwe kumugaburira ariko se amasaha yose y’ijoro n’umunsi ?



Yagize ati ,ntidushobora kumusiga wenyine n’ibiryo  kuko yarya ntibigire iherezo ntajya yijuta,ati kandi yanarya no kugeza ubwo yiriye nawe ubwe agapfa…. Arara ijoro ryose arira ko ashaka amafunguro bidutera ubwoba,yatangiye ajya gufata ibyo twataye mu mapuberi,nyuma yiminsi ibiri turamuvuza ,muganga atubwira ko azaba umuryi ukabije ko ikibazo afite aruko ubwonko bwe butakira ko yijuse ngo abe yarekera aho.



Uyu mwana we rero, ngo akaba nta mubyibuho ukabije afite ko ahubwo rangwa nibiro byinshi ukurikije imyaka ye. ubushakashatsi bwakozwe bu vuga ko iyi ndwara yibasira umuntu umwe ku bantu  ibihumbi icumi kandi nta muti wayo uraboneka.
Iyi nkuru tuyuikesha www. the sun.com



Uwase Muvunyi Denise














Aucun commentaire: