ku myaka 2 gusa ngo umwana ukiri mutio Alfie Mazeika ngo yaba afite indwara idasanzwe yo kugira inzara irenze iyabantu dusanzwe tuzi aho ngo usanga buri kanya buri munota yifuza icyo kurya.
Nkuko
ikinyamakuru www. the sun.com
cyabitangaje kuri uyu munsi ngo nyina uzwi ku izina rya Norman alfie we
yatangaje ko atewe n’ubwoba ko umwana we yazitaba imana azize kurya cyane Mu buhamya
yahaye uru rubuga yavuze ko byaba
bibabaje tumwimye ibyo aririra kandi tubifite.dushobora no gufunga za frigo
nahan di hose tubika ibiribwa ariko yatumerera nabi ugerageza no kumuhagurutsa
ku meza biokaba intambara, ati uretse ko
ari n’ ibintu bisanzwe kumugaburira ariko se amasaha yose y’ijoro n’umunsi ?
Yagize ati ,ntidushobora
kumusiga wenyine n’ibiryo kuko yarya
ntibigire iherezo ntajya yijuta,ati kandi yanarya no kugeza ubwo yiriye nawe
ubwe agapfa…. Arara ijoro ryose arira ko ashaka amafunguro bidutera ubwoba,yatangiye
ajya gufata ibyo twataye mu mapuberi,nyuma yiminsi ibiri turamuvuza ,muganga
atubwira ko azaba umuryi ukabije ko ikibazo afite aruko ubwonko bwe butakira ko
yijuse ngo abe yarekera aho.
Uyu mwana we
rero, ngo akaba nta mubyibuho ukabije afite ko ahubwo rangwa nibiro byinshi
ukurikije imyaka ye. ubushakashatsi bwakozwe bu vuga ko iyi ndwara yibasira
umuntu umwe ku bantu ibihumbi icumi
kandi nta muti wayo uraboneka.
Iyi nkuru
tuyuikesha www. the sun.com
Uwase Muvunyi Denise
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire